Pular para o conteúdo
Publicidade

Nascer de novo

Por Bíblia Online

Nascer de novo é a porta de entrada para a vida em Deus. Jesus ensinou que sem o novo nascimento espiritual, ninguém pode ver nem entrar no Reino de Deus.

A necessidade do novo nascimento

Jesus declarou a Nicodemos: 'Aquele que não nascer de novo não pode ver o Reino de Deus.' O novo nascimento é pelo Espírito.

Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko, nta muntu n’umwe ushobora kubona Ubwami bw’Imaana atabyawe ubwa kabiri."

Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko, nta muntu n’umwe ushobora kubona Ubwami bw’Imaana atabyawe ubwa kabiri."

Nikodemu aramubaza ati, "Mbese umuntu ashobora kubyarwa ubwa kabiri ate kandi akuze? Mbese yakongera gusubira mu nda ya nyina, ngo abyarwe ubwa kabiri?"

Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko ntaan’umwe wakwinjira mu bwami bw’Imaana atabyawe n’amaazi n’Umwuka. Ikibyawe n’umubiri na co ni umubiri, kandi ikibyawe n’Umwuka, ni umwuka. Ntibigutangaaze yuuko nkubwiye ngo, Mugomba kubyarwa ubwa kabiri.Umuyaga uhuuha weerekeza aho ushaaka, mukumva guhuuha kwawo, ariko ntimumenye aho uturuka cangwa aho weerekeza. Ni na ko uwabyawe n’Umwuka weese amera."

Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko ntaan’umwe wakwinjira mu bwami bw’Imaana atabyawe n’amaazi n’Umwuka. Ikibyawe n’umubiri na co ni umubiri, kandi ikibyawe n’Umwuka, ni umwuka. Ntibigutangaaze yuuko nkubwiye ngo, Mugomba kubyarwa ubwa kabiri.

Ndabahamiriza yuuko utaakiira ubwami bw’Imaana nk’Umwana muto atazaabwinjiramo na hato."

Umukuru Uruta Abandi

Ico gihe abiigiishwa beegeera Yesu baramubaza bati, "Umukuru mu Bwami bwo mu ijuru ni nde?" Ahamagara umwana muto, amushira hagati yaabo maze arababwira ati, "Ndababwira ukuri, nimudahinduka ngo mube nk’abaana bato, ntaabwo muzinjira mu Bwami bw’ijuru. Uwiiciisha bugufi nk’uyu mwana ni we uruta abandi mu Bwami bwo mu ijuru.

Nova criação em Cristo

Quem está em Cristo é nova criação. Morremos e ressuscitamos com Ele para viver em novidade de vida, livres do velho homem.

Bityo reero niiba umuntu weese yiizeeye Kristo, aba agizwe icaaremwe gisha. Ibya keera byose biba bishize. Dore byose biba bihindutse bisha!

Mu kubatizwa, twahambanywe na we mu rupfu rwe, kugira ngo nk’uko Daata yazuuye Kristo mu baapfuuye ku bw’imbaraga ze, abe ari ko naatwe tugendera mu bugingo busha.

Ubwo reero twabaaye umwe na we mu gusangira urupfu nk’urwe, ni na ko tuzaaba umwe na we mu kuzuuka nk’uko yazuutse. Kandi tumenye neeza ko umutima ukunda gukora icaaha wa keera wabambanywe na Kristo, kugira ngo umubiri w’ibyaha ukuurweho, tureke kuba imbaata z’ibyaha, kuko uwapfuuye aba atagitegekwa n’icaaha.

Mu kubatizwa, twahambanywe na we mu rupfu rwe, kugira ngo nk’uko Daata yazuuye Kristo mu baapfuuye ku bw’imbaraga ze, abe ari ko naatwe tugendera mu bugingo busha.

Ni co kimwe, namwe mwiyumvemo ko mwatsinze icaaha, mukaba mubeereyeho gushiimiisha Imaana muri Kristo Yesu.

ariko noone si nje uriho, ahuubwo ni Kristo uriho muri nje. Ubuzima mbamo muri uyu mubiri, mbubamo mbishobozwa no kwizeera Umwana w’Imaana, wankunze, akanyiitangira ku musaraba.

Noone reero nimwiyambure kamere yaanyu ya keera, yategekaga imigenzereze yaanyu, igatuma mwangiizwa n’ibyifuuzo by’iryo rari. Nimuvugurure imitima yaanyu maze muhinduke basha mu biteekerezo, kandi mwambare kamere nsha y’ishusho y’Imaana, murangwa n’ubuzima nyakuri butungaanye hamwe n’ubuziranenge.

Ntimukabeesherane kuko mwiyambuye kamere yaanyu ya keera hamwe n’imigenzereze yaayo mukambara kamere nsha, ivugururirwa no gusobaanukirwa kwanyu hamwe n’ishusho nk’iryuwayiremye. Muri iryo vugururwa, ntihaba hakiriho gutandukanya Umugiriki n’Umuyuuda, uwakebwe n’utaarakebwe, umunyamahanga ugayitse cangwa injiji, imbaata cangwa uw’umudendeezo, ahuubwo Kristo ni byose kandi ari muri boose.

Filhos de Deus

Nascemos de novo pela Palavra viva de Deus. Quem crê em Jesus recebe o direito de se tornar filho de Deus, nascido do Espírito.

Icakora abo boose bamwakiiriye, bakiizeera izina rye, yabahaaye ububaasha bwo kuba abaana b’Imaana. Ntibaabaaye abaana b’Imaana mu buryo busanzwe bw’abantu babyaramo, ariko Imaana ubwayo ni yo yabiibyariye mu mwuka.

Ibyiringiro Bizima

Nihasingizwe Imaana, ari we Se w’Umwami waacu Yesu Kristo! Ku bw’imbabazi zaayo nyinshi, yaduhaaye ubugingo busha ubwo yazuuye Kristo Yesu mu baapfuuye. Ubu nibwo butwuzuzamo ibyiringiro bizima, kugira ngo tuzaabone imigisha idashobora kwangirika, kwandura cangwa gucucuka, iyo mwabiikiwe mu ijuru.

Kuko mu ijambo ry’Imaana rizima kandi rihoraho iteeka, mwavuutse bundi busha mutaabyawe n’imbuto ibora, ahuubwo mubyawe n’imbuto ihoraho iteeka.

Mumere nk’abaana bakimara kuvuuka, muje muhora mwifuuza amata meeza y’Umwuka ari ryo jambo ry’Imaana, kugira ngo atume mukurira mu gakiza niiba koko mwarasogongeyeho mukumva ubwo bwiza bwa Nyagasani.

Abaana b’Imaana

Nimureebe urukundo ruhebuuje Daata yadukunze rwatumye twitwa abaana b’Imaana, kandi koko turi bo. Impamvu ituma ab’isi batatuuzi nuuko batiigeze kumumenya. Bakundwa, ubu turi abaana b’Imaana kandi ico tuzaaba co ntikiraamenyeekana. Ariko ico tuuzi ni uko ubwo Yesu aziiyerekana tuzaamera nka we kuko tuzaamureeba uko ari.

Maze ko igihe gikwiriye caageze, Imaana yoohereje Umwana waayo wabyawe n’umugore, kandi avuuka agengwa n’amategeko y’Abayuuda, kugira ngo acungure abaari bakigengwa n’amategeko maze tubone kuba abaana b’Imaana.

Ariko imbabazi z’Imaana ni nyinshi, kandi n’urukundo idukunda rurahebuuje, nuubwo twari twarapfuuye tuzize ibicumuro byacu, yadushubije ubugingo hamwe ku bw’ubumwe bwacu na Kristo. Erega mwakijijwe ku bw’ubuntu bwayo.

Seja o primeiro