Batismo
O batismo é mandamento de Jesus e proclamação pública de fé. É símbolo de morte para o pecado, sepultamento com Cristo e ressurreição para uma vida nova no Espírito.
O mandamento de Jesus
Ide e fazei discípulos, batizando-os em nome do Pai, do Filho e do Espírito Santo. O batismo é porta de entrada na comunidade cristã.
Nuuko reero, ni mugende mwigiishe abantu boose, mubabatiza mu izina rya Daata wa twese, n’iry’Umwana, n’iry’Umwuka wera, mubiigiishe kumvira ibyo nabategetse byose. Kandi dore ndi kumwe namwe kugeza ku mperuuka y’isi."
Yesu aja aho bari arababwira ati, "Nahaawe ububaasha bwose mu ijuru no mu isi. Nuuko reero, ni mugende mwigiishe abantu boose, mubabatiza mu izina rya Daata wa twese, n’iry’Umwana, n’iry’Umwuka wera, mubiigiishe kumvira ibyo nabategetse byose. Kandi dore ndi kumwe namwe kugeza ku mperuuka y’isi."
Ico gihe, Yesu ava i Galileeya aja ku ruuzi rwa Yorodaani ngo Yohaana amubatize.
Uzeemera akabatizwa azaakira, naho utazeemera azaaciirwaho iteeka.
Arababwira ati, "Nimuje mu bihugu byose, mwamamaze Ubutumwa Bwiza ku bantu boose. Uzeemera akabatizwa azaakira, naho utazeemera azaaciirwaho iteeka.
Muri iyo minsi, Yesu ava i Nazaareeti muri Galileeya aza ngo Yohaana amubatirize muri Yorodaani. Akiva mu maazi abona ikireere gitandukanye, Umwuka Weera amumanukiraho asa n’inuma.Umwuka Weera, ari mu ishusho ry’inuma amanukira kuri Yesu.
Morrer e ressuscitar
Fomos sepultados com Cristo pelo batismo na morte para que andemos em novidade de vida. O batismo é renascimento pelo Espírito.
Ntimuuzi yuuko twese abaabatirijwe kuba umwe na Kristo Yesu, twabatirijwe kuba umwe na we mu rupfu rwe? Mu kubatizwa, twahambanywe na we mu rupfu rwe, kugira ngo nk’uko Daata yazuuye Kristo mu baapfuuye ku bw’imbaraga ze, abe ari ko naatwe tugendera mu bugingo busha.
Ntimuuzi yuuko twese abaabatirijwe kuba umwe na Kristo Yesu, twabatirijwe kuba umwe na we mu rupfu rwe?
Ntibikabeho! Mbese niiba twaratandukanye n’imbaraga z’icaaha, twakomeza dute gukora icaaha? Ntimuuzi yuuko twese abaabatirijwe kuba umwe na Kristo Yesu, twabatirijwe kuba umwe na we mu rupfu rwe? Mu kubatizwa, twahambanywe na we mu rupfu rwe, kugira ngo nk’uko Daata yazuuye Kristo mu baapfuuye ku bw’imbaraga ze, abe ari ko naatwe tugendera mu bugingo busha.
Ubwo reero twabaaye umwe na we mu gusangira urupfu nk’urwe, ni na ko tuzaaba umwe na we mu kuzuuka nk’uko yazuutse. Kandi tumenye neeza ko umutima ukunda gukora icaaha wa keera wabambanywe na Kristo, kugira ngo umubiri w’ibyaha ukuurweho, tureke kuba imbaata z’ibyaha, kuko uwapfuuye aba atagitegekwa n’icaaha.
Ubwo mwahambanywe na we igihe mwabatizwaga, ni na ko mwazuukanye na we mu kwizeera imbaraga z’Imaana yamuzuuye mu baapfuuye.
kuko mwese muri abaana b’Imaana mubiheeshejwe no kwizeera Kristo Yesu. Nk’uko benshi muri mwe mwabatijwe muri Kristo ni na ko mufite ubumwe na Kristo.
Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko ntaan’umwe wakwinjira mu bwami bw’Imaana atabyawe n’amaazi n’Umwuka.
Yesu aramusubiza ati, "Ndakubwira ukuri yuuko ntaan’umwe wakwinjira mu bwami bw’Imaana atabyawe n’amaazi n’Umwuka.
yaradukijije, itabiteewe n’uko twakoze ibiyitungaaniye, ahuubwo yadukijije ibiteewe n’imbabazi zaayo, iduha kuvuuka ubwakabiri no guhindurwa basha n’Umwuka Weera.
Kandi ayo maazi ni ikimenyeetso c’umubatizo weerekana ko mukijijwe. Si ugukurwaho umwanda ku mubiri, ahuubwo n’iseezeerano uba ukoreye Imaana n’umutima ukeeye. Uwo mubatizo ni wo ubakiza ku bw’izuuka rya Kristo Yesu,
Batismo e Espírito
Arrependei-vos e cada um seja batizado. O batismo no Espírito Santo é poder para vida e testemunho.
Peetero arabasubiza ati, "Buri muntu weese yiihane kandi abatizwe, mu izina rya Yesu Kristo kugira ngo mubabarirwe ibyaha byanyu kandi muhaabwe impaano y’Umwuka Weera.
Peetero arabasubiza ati, "Buri muntu weese yiihane kandi abatizwe, mu izina rya Yesu Kristo kugira ngo mubabarirwe ibyaha byanyu kandi muhaabwe impaano y’Umwuka Weera.
Nuuko abeemeye ubwo butumwa barabatizwa, uwo munsi abantu nk’ibihumbi bitatu biyongeye ku mubare w’abiizeera.
Ariko abagabo n’abagore bamaze kwizeera Ubutumwa Bwiza bw’Ubwami bw’Imaana n’izina rya Yesu Kristo babwirizwaga na Filipo, barabatizwa. Na Simooni ubwe areemera. Amaze kubatizwa, aguma kubaana na Filipo atangazwa n’ibimenyeetso n’ibitangaaza bikomeye yakoraga.
Bakigenda, bagera ku maazi, nuuko iyo nkone iravuga iti, "Dore hano hari amaazi! Ikimbuza kubatizwa ni iki?"
Filipo aravuga ati, "Niiba wiizeeye n’umutima waawe woose birashoboka." Na ya nkone iti, "Niizeeye yuuko Yesu Kristo ari Umwana w’Imaana"
Iyo nkone itegeka ko igaare rihagarikwa, maze yo na Filipo baramanuka baja mu maazi, nuuko Filipo arayibatiza. Bavuuye mu maazi, Umwuka wa Nyagasani ajaana Filipo, iyo nkone ntiyongera kumubona, maze ikomeza urugendo ineezeerewe.
"Hari ubaasha kwima aba bantu amaazi yo kubabatiza kandi baahaawe Umwuka Weera nkaatwe?" Nuuko abategeka kubatizwa mu izina rya Yesu Kristo. Maze abanyamahanga basaba Peetero kugumana na bo kumara iminsi mike.
"Hari ubaasha kwima aba bantu amaazi yo kubabatiza kandi baahaawe Umwuka Weera nkaatwe?"
Pawulo ati, "Yohaana yabatizaga umubatizo wo kwihana, agasaba abantu kwemera uwari ugiiye kuuza nyuma ye, ari we Yesu."
Bamaze kumva ibyo, babatizwa mu izina ry’Umwami Yesu. Pawulo amaze kubarambikaho ibiganza, Umwuka Weera abaazaho, bavuga mu ndimi zitandukanye kandi barahanuura.
Bamaze kumva ibyo, babatizwa mu izina ry’Umwami Yesu.
Pawulo amaze kubarambikaho ibiganza, Umwuka Weera abaazaho, bavuga mu ndimi zitandukanye kandi barahanuura.
Noone se kandi utegereje iki? Haguruka, wambaze izina rya Nyagasani, ubatizwe, kandi uhanagurweho ibyaha byawe.’
kuko Yohaana yabatiriishije amaazi, naho mwebwe mu gihe gito muzaabatiriishwa Umwuka Weera."
Icakora muzahaabwa imbaraga Umwuka Weera naabaazamo kandi muzambeera abahamya i Yerusaalemu, muri Yudeeya n’i Samariya, no mu mpera z’isi."
Nuuko barangije gusenga, umwanya baari bateeraniyemo uhinda umushitsi, boose buuzura Umwuka Weera, maze abashoboza kuvuga ijambo ry’Imaana bashize amanga.
Yohaana ataraashirwa mu nzu y’imbohe, yabatije Yesu n’abandi bantu benshi. Yesu amaze kubatizwa, arasenga, agisenga, ijuru rirakinguuka, maze Umwuka Weera ava mu ijuru aramumanukira ari mu ishusho isa n’inuma. Maze ijwi ry’Imaana rivugira mu ijuru riti, "Ni wowe Mwana wanje nkunda nkakwishiimira."
Noone ko muri babi mukaba muuzi guha abaana baanyu ibyiza, So wo mu ijuru we ntiyarushaho guha Umwuka Weera abamumusabye!"
Um batismo
Em um Espírito fomos todos batizados em um só corpo. O batismo é um só, assim como um só é o Senhor e uma só é a fé.
Ni co kimwe, twaba Abayuuda cangwa abanyamahanga, twaba abagaragu cangwa abiigenga, twese twabatirijwe mu Mwuka umwe tuba umubiri umwe, kandi twese twujujwe n’uwo Mwuka umwe.
Ni co kimwe, twaba Abayuuda cangwa abanyamahanga, twaba abagaragu cangwa abiigenga, twese twabatirijwe mu Mwuka umwe tuba umubiri umwe, kandi twese twujujwe n’uwo Mwuka umwe.
Mbese Kristo yagabanyijwemo ibice? Mbese ni Pawulo wababambiwe ku musaraba? Cangwa se mwabatijwe mu izina rya Pawulo?
Ndashiimira Imaana ko ari ntaan’umwe muri mwe nabatije keretse Kirisipo na Gaayo, kugira ngo hatagira umuntu uvuga ngo mwabatijwe mu izina ryanje. Icakora nabatije n’umuryango wa Sitefaano, kandi uretse abo, simpamya ko hari undi muntu nabatije. Kristo ntiyanyohereje kubatiza, ahuubwo yanyohereje kwamamaza Ubutumwa Bwiza, ntakoreesheje amagambo y’ubuhanga bw’abantu, kugira ngo urupfu rwa Yesu ku musaraba rudahinduka impfaabusa.
Nje ubwanje sinari muuzi, ariko uwantumye kubatiriisha amaazi yarambwiye ati, ‘Uwo uzaabona Umwuka wanje amumanukiraho kandi akamugumaho, ni we ubatiriisha Umwuka Weera.’
Nje ubwanje sinari muuzi, ariko uwantumye kubatiriisha amaazi yarambwiye ati, ‘Uwo uzaabona Umwuka wanje amumanukiraho kandi akamugumaho, ni we ubatiriisha Umwuka Weera.’