Orgulho
O orgulho é um dos pecados mais condenados na Bíblia. Deus resiste aos soberbos, mas dá graça aos humildes. A humildade é o caminho da honra verdadeira.
Deus resiste ao soberbo
A soberba precede a ruína e o orgulho antecede a queda. Deus abomina o coração altivo e promete humilhar quem se exalta.
Humildade como caminho
Humilhai-vos diante do Senhor e Ele vos exaltará. A grandeza no Reino vem pelo serviço humilde, não pela autopromoção.
Ariko nuubwo bimeze bityo, Imaana irushaho kutugirira imbabazi. Ibyanditswe biravuga biti, "Imaana irwanya abiibone, ariko ikagirira ubuntu abiiciisha bugufi."
Nimwiciishe bugufi imbere ya Nyagasani ni bwo izaabashira heejuru.
Uwiizeera Kristo weese w’umukene yiishiime igihe Imaana imushize heejuru, kandi n’abatunzi biizeera Kristo biishiime igihe Imaana ibaciishije bugufi. Kuko ubutunzi bw’umukire buzaashira nk’uko ibimori byo mu murima bihunguka bigashiraho.
Namwe abakiri bato, mukwiriye kumvira abakuru, kandi mwese mukwiriye guca bugufi muri byose mukora hamwe, nk’uko ibyanditswe bivuga ngo,
"Imaana irwanya abiibone,
ariko igaha umugisha abaca bugufi."
Nuuko reero mwiciishe bugufi imbere y’Imaana nyir’ububaasha kugira ngo igihe ni kigera izaabashire heejuru. Muyeegurire ibibahagaritsa imitima byose, kuko ibiitaho.
Ndababwira yuuko uwishira heejuru weese, azaaciishwa bugufi. Ariko umuntu wiciisha bugufi, azaashirwa heejuru."
Ntimukagire ico mukora mubiteewe no kwikunda cangwa kwishira heejuru, ahuubwo mu kwiciisha bugufi kwanyu umuntu weese yibwire ko mugenzi we amuruta. Umuntu weese muri mwe ye kwita ku byifuuzo bye gusa ahuubwo azirikane n’iby’abandi. Mugire umutima nk’uwari muri Kristo.
Os perigos do orgulho
O orgulho cega, gera contendas e afasta de Deus. A Escritura adverte contra a soberba da vida e a vã glória mundana.
Kuko ibiri mu isi byose, nk’irari ry’umubiri, irari ry’amaaso n’ubwibone bw’ubukire bidaturuka kuri Daata wa twese ahuubwo bituruka mu isi.
Bityo reero uwiibwira ko ahagaze, yiirinde kugira ngo atagwa.
Nuubwo naatanga ibyanje byose ngo bihaabwe abakene, kandi nuubwo naatanga umubiri wanje ngo utwikwe, ariko singire urukundo, ntaaco byamarira.
Imaana yatooranyije ibyo abantu b’iyi si bahinyura bagasuuzugura no kubigira ubusa, kugira ngo ihindure ubusa ibyo ab’isi bateekereza ko ari bikuru. Imaana yabikoze kugira ngo hatagira umuntu n’umwe wiikuza imbere yaayo.
Nk’uko ibyanditswe bigira biti, "Ushaaka kwiraata weese, niyiiraatane Nyagasani." Kuko uwishiima si we ushimwa ahuubwo hashimwa uwashimwe na Nyagasani.
Nuuko arababwira ati, "Ikiva mu muntu ni co kimuhumaanya, Kuko mu mitima y’abantu haturukamo ibiteekerezo bibi, uburaaya, ubujuura, ubwicanyi, ubusambanyi, umururu, ubugome, ububeeshi, gukora ibibi, ishari, amafuti, ubwiraasi n’ubupfu. Ibi bibi byose bituruka mu mutima, kandi ni byo bihumaanya umuntu."
Utegeke abatunzi bo muri iki gihe kutiiraata, cangwa ngo bashire ibyiringiro byabo ku butunzi bushira vuba, ahuubwo biringire Imaana iduha ibintu byose mu bwinshi kugira ngo imitima yaacu yizihirwe.
O olhar de Deus
O Senhor não olha como o homem. Ele vê o coração e se agrada dos quebrantados de espírito e dos que tremem diante da sua Palavra.
Muje mubaana amahoro n’abantu boose, ntimukiishire heejuru uko bidakwiriye ahuubwo mwemere gufatanya n’abaciiye bugufi. Ntimukiigire abanyabwenge.
Ariko reero, imbuto z’Umwuka ni urukundo, umuneezeero, amahoro, kwihangaana, ubugwaneeza, ubupfura, kwiringirwa, kwiciisha bugufi no kwirinda. Ibimeze bityo ntaamategeko abihana.