Salvador
Jesus é o Salvador do mundo. Desde a manjedoura até a cruz e a ressurreição, toda a Escritura aponta para Aquele que veio buscar e salvar o que se havia perdido.
O Salvador nasceu
Na plenitude dos tempos, Deus enviou seu Filho ao mundo. O anjo declarou: 'Hoje vos nasceu um Salvador, que é Cristo, o Senhor.'
Uyu munsi mu tawuni ya Dawudi, Umukiza yabavuukiye, ni we Kristo Umwami.
We, nuubwo yari afite kamere y’Imaana,
ntiyiigeze ateekereza ko guhwana n’Imaana ari ikintu co kugundiira,
ahuubwo yiiyambuye icuubahiro ce,
ajaana kamere y’umugaragu.
Avuukira mu ishusho y’umuntu.
Kandi amaze kuboneka afite ishusho y’umuntu,
yiiciisha bugufi kandi arumvira, kugeza ku gupfa
ndetse apfa urupfu rwo ku musaraba.
O sacrifício redentor
Jesus deu a própria vida por nós. Ele é a propiciação pelos nossos pecados e o autor da salvação eterna para todos os que lhe obedecem.
Kandi Kristo ubwe ni we gitambo c’ibyaha byacu kandi si ibyaha byacu byonyine ahuubwo n’iby’abantu boose bari ku isi.
Uru ni rwo rukundo nyakuri, si ukuvuga ngo twakunze Imaana, ahuubwo ni yo yadukunze ubwo yoohereje Umwana waayo kugira ngo atubeere igitambo c’ibyaha byacu.
Nyamara twari abanzi b’Imaana, ariko noone twiyunze n’Imaana ku bw’urupfu rw’Umwana waayo. Kandi reero ubwo twiyunze n’Imaana, tuzaakizwa n’ubugingo bwe.
Muuzi yuuko ibyo mwacungujwe ngo muve mu ngeso mbi zaanyu mwarazwe na ba sogokuruza baanyu atari ibintu bita agaciiro nk’ifeeza cangwa izaahabu, ahuubwo mwacungujwe amaraso ya Kristo y’igiciiro cinshi, nk’ay’umwana w’intaama utagira inenge cangwa ubwandu.
Ni we waduheesheje gucungurwa ku bw’amaraso ye, tukababarirwa ibicumuro byacu, ku bw’ubuntu bwe buhebuuje
ariko noone si nje uriho, ahuubwo ni Kristo uriho muri nje. Ubuzima mbamo muri uyu mubiri, mbubamo mbishobozwa no kwizeera Umwana w’Imaana, wankunze, akanyiitangira ku musaraba.
O caminho da salvação
Jesus é o mediador da nova aliança. Ele vive para interceder por nós e pode salvar perfeitamente todos os que se achegam a Deus por meio dele.
Kandi amaze gutunganywa rwose, yabaaye isooko y’agakiza k’iteeka ryose kagenewe abo boose bamwumvira,
Ni co gituma igihe coose afite ubushobozi bwo gukiza abeegeera Imaana banyuze muri we kuko ahora abeereyeho kubavuganira ku Maana.
No ku bw’iyo mpamvu, Kristo ni we muhuuza w’iseezerano risha, kugira ngo abo baahamagawe babone guhaabwa umurage w’iteeka ryose waseezeranyijwe kuko haabaayeho urupfu rucungura abaacumuye mu gihe c’iseezerano rya mbere.
Dukomeze guhanga amaaso yaacu kuri Yesu uwo kwizeera kwacu gushingiyeho uheereye kuntangiro ukageza ku iheerezo. Yiihangaaniye umusaraba ku bw’umuneezeero yari abiikiwe, ntiyiita ku isoni byari kumuteera igihe yabambwaga ku musaraba, noone ubu yiicaye iburyo bw’Intebe y’Ubwami y’Imaana.
kuko boose baakoze ibyaha bigatuma badashikira ubwiza bw’Imaana, ariko bagatsindiishirizwa n’ubuntu bwayo ku bwo gucungurwa kubonerwa muri Yesu Kristo.
No kugeza uyu munsi Imaana iracantabaara, noone nkaba mpagaze aha guhamiriza abakomeye n’aboroheje, nta bindi mvuga uretse ibyo abahanuuzi na Moose baavuze ko bizaaba. Ko Kristo yagombaga kubabazwa agapfa, maze akaba ubanjirije abandi kuzuuka, akava mubaapfuuye ngo yamamaze ko ari we rumuri rumurikira Abayuuda n’Abanyamahanga."
Nuuko malayika abwira ba bagore ati, "Mwitiinya. Nzi yuuko mushaaka Yesu wabambwe ku musaraba. Ntaabwo ari hano. Imaana yamuzuuye, nk’uko yabivuze. Muuze mureebe aho umubiri we wari uri.