Santidade
A santidade é o chamado supremo de Deus para o seu povo. 'Sede santos, porque eu sou santo' — essa ordem ressoa por toda a Escritura, convidando-nos a uma vida separada para Deus.
O chamado à santidade
Deus nos escolheu antes da fundação do mundo para sermos santos. A santificação é sua vontade expressa e nosso destino em Cristo.
Ahuubwo nk’uko uwabahamagaye ari uweera, namwe ubwanyu mube abeera mu migenzereze yaanyu yoose. Kuko ibyanditswe bivuga biti, "Nimube abeera, kuko ndi uweera."
Ahuubwo nk’uko uwabahamagaye ari uweera, namwe ubwanyu mube abeera mu migenzereze yaanyu yoose. Kuko ibyanditswe bivuga biti, "Nimube abeera, kuko ndi uweera."
Yadutooranyije binyuze muri we isi itaraaremwa, kugira ngo tube intungaane n’abaziranenge.
Ku bw’urukundo rwayo,
Ico Imaana ibashaakaho ni ukwezwa kwanyu, mukiirinda ubusambanyi, buri muntu akamenya kurinda umubiri we mu buryo butungaanye kandi bwiyubashe, mudatwarwa n’irari nk’uko abantu bataazi Imaana babigenza. Kandi ntihakagire umuntu weese ugirira naabi umukristo mugenzi we cangwa ngo amurimanganye. Ibi twabibabwiye mbere kandi tubaamagirira twihanikiiriye, ko Nyagasani azaahana abakora ibyo. Kuko Imaana itaaduhamagariye ubukozi bw’ibibi, ahuubwo yaduhamagariye ubutungaane.
Yaradukijije, iduhamagarira kuba abaayo burundu, bidaturutse ku mirimo yaacu, ahuubwo ibiteewe n’umugambi waayo, n’ubuntu yatugiriye. Ubwo buntu yabuduheereye muri Kristo Yesu mbere y’ibihe byose,
O Deus santo
O Senhor é santo em toda a sua natureza. O universo testemunha sua santidade, e os anjos proclamam: Santo, Santo, Santo.
A prática da santidade
A santidade se expressa em pensamentos puros, ações corretas e separação do pecado. É um processo contínuo de purificação e dedicação a Deus.
Mugerageze kubaana n’abantu boose amahoro kandi no kwezwa kuko ntaamuntu uteejejwe uziigera areeba Uhoraho.
Mugerageze kubaana n’abantu boose amahoro kandi no kwezwa kuko ntaamuntu uteejejwe uziigera areeba Uhoraho.
Nshuti bakundwa, ayo maseezerano yoose nitwe yahaawe. Bityo reero ni mureke twiyeze twivaaneho ikintu coose gishobora guhumaanya imibiri n’imitima yaacu, dushiishikarire ubutungaane mu kuubaha Imaana.
Nshuti bakundwa, ayo maseezerano yoose nitwe yahaawe. Bityo reero ni mureke twiyeze twivaaneho ikintu coose gishobora guhumaanya imibiri n’imitima yaacu, dushiishikarire ubutungaane mu kuubaha Imaana.
Ariko ubwo mwabohoowe mu caaha, mukaba mutegekwa n’Imaana, inyungu zaanyu n’ukwezwa mukazaabona ubugingo buhoraho.
Ndavuga nk’umuntu mbiteewe n’intege nke zaanyu za kamere muntu. Ubwo mwari mwareeguriye imibiri yaanyu gukora ibiteeye isoni n’ubugome, abe ari ko mwegurira imibiri yaanyu kuba imbaata zo gukiraanuka kugira ngo mwezwe.
Noone reero bavandimwe, ndabiihanangiriza ku bw' imbabazi z’Imaana yatugiriye, ngo mwitange maze mube ibitambo bizima byeguriwe Imaana kandi biyishiimiisha. Ubu ni bwo buryo bukwiriye bwo kuramyamo Imaana.
Bavandimwe, ndabiihanangirije ngo mwirinde abaazana amacaakubiri kandi baguusha abantu bakava mu kwemera, bakanyuranya inyigiisho mwahaawe. Abameze batyo mubiirinde!
Ubwo muri abaana b’Imaana, ntibikwiriye ko ingeso mbi nk’ubusambanyi, kwiyandarika, no kurarikira ibintu, birangwa muri mwe.
Ubwo muri abaana b’Imaana, ntibikwiriye ko ingeso mbi nk’ubusambanyi, kwiyandarika, no kurarikira ibintu, birangwa muri mwe.
Noone reero nimwiyambure kamere yaanyu ya keera, yategekaga imigenzereze yaanyu, igatuma mwangiizwa n’ibyifuuzo by’iryo rari. Nimuvugurure imitima yaanyu maze muhinduke basha mu biteekerezo, kandi mwambare kamere nsha y’ishusho y’Imaana, murangwa n’ubuzima nyakuri butungaanye hamwe n’ubuziranenge.
Noone namwe abaari baariitandukanyije n’Imaana mukaba abanzi baayo ku bw’ibibi birangwa n’ibikorwa hamwe n’ibiteekerezo byanyu, ubu Imaana yiiyunze namwe inyuriye mu rupfu rw’umwana waayo, watanze umubiri we kugira ngo ibaheeshe guhagarara imbere yaayo muri abeera, badafite inenge cangwa umugayo. Icakora mukwiriye gukomeza kwizeera kwanyu gushingiye ku musinge ukomeye kandi ntimwemere kunyeganyezwa ngo muteeshuke ku byiringiro mwahaawe ubwo mwumviise ubutumwa bwiza. Ubu ni bwo Butumwa Bwiza bwo njeewe Pawulo mbeereye umugaragu, bwamamajwe mu isi yoose.
A Palavra que santifica
Jesus disse: 'Santifica-os na verdade; a tua palavra é a verdade.' A Bíblia é o instrumento de Deus para nos purificar e transformar.
Beereze mu kuri, ijambo ryawe ni ukuri.
Templo do Espírito Santo
Nosso corpo é templo de Deus. Devemos honrá-lo com santidade, guardando mente e coração e buscando a semelhança com Cristo.
Ntaabwo muuzi yuuko muri inzu y’Imaana, kandi ko Umwuka w’Imaana abatuuyemo?
ndabandikiye mwebwe ab’itoorero ry’Imaana riri i Korinto, no kuri abo baatooranyijwe na Yesu Kristo kuba abeera hamwe n’abandi boose bari mu yindi myanya bambaza izina rya Nyagasani Yesu Kristo, ari we Mwami waabo n’uwaacu.
Mugire umutima nk’uwari muri Kristo.
Ubwo reero ubuzima bwanyu muri Kristo bubaha gukomera, urukundo rwe rukabahuumuriza, mufite ubumwe n’Umwuka kandi mugirirana impuhwe n’imbabazi. Ngaaho nimunsendeerezemo umuneezeero muhuuje ibiteekerezo hamwe n’urukundo kandi mwibwira bimwe mu mitima yaanyu no mu biteekerezo. Ntimukagire ico mukora mubiteewe no kwikunda cangwa kwishira heejuru, ahuubwo mu kwiciisha bugufi kwanyu umuntu weese yibwire ko mugenzi we amuruta. Umuntu weese muri mwe ye kwita ku byifuuzo bye gusa ahuubwo azirikane n’iby’abandi. Mugire umutima nk’uwari muri Kristo.
We, nuubwo yari afite kamere y’Imaana,
ntiyiigeze ateekereza ko guhwana n’Imaana ari ikintu co kugundiira,
ahuubwo yiiyambuye icuubahiro ce,
ajaana kamere y’umugaragu.
Avuukira mu ishusho y’umuntu.
Kandi amaze kuboneka afite ishusho y’umuntu,
yiiciisha bugufi kandi arumvira, kugeza ku gupfa
ndetse apfa urupfu rwo ku musaraba.
No ku bw’iyo mpamvu, Imaana na yo yamushize heejuru caane
kandi imuha izina riruta ayandi mazina yoose,
kugira ngo mu izina rya Yesu, amavi yoose apfukame,
yaaba ay’ibiremwa byo mu ijuru cangwa ibyo ku isi n’ibyo munsi y’isi,
kandi buri rurimi rwature ko Yesu Kristo ari Umwami,
ngo Imaana Daata ihaabwe ikuzo.
Nuuko reero bakundwa, nk’uko mwahoze munyumvira ndi kumwe namwe ubu murusheho kunyumvira ubwo ntari kumwe namwe. Mugaragaze ibikorwa by’agakiza kaanyu mutiinya kandi mwubaha Imaana, kuko Imaana ni yo ikorera muri mwe kandi ibashoboza gushaaka no gukora ibyo yiishiimira.
Mukore byose mutiitotomba kandi mutagiishanya impaka, kugira ngo mube abeere kandi intungaane. Mube abaana b’Imaana batagira inenge hagati y’abantu b’iki gihe b’indyarya hamwe n’abahemu, bo mumurikira nk’inyenyeeri muri iyi isi. Ni ku bwo gushikama ku jambo ry’ubugingo kwanyu ko nziiraatana ku munsi wo Kristo azaagarukiraho yuuko ntiirukiye ubusa cangwa ngo nkorere ubusa.
Ariko nuubwo amaraso yanje yaaba ayo gusukwa ku itambiro nk’igitambo ngo abe ituuro ry’ukwizeera kwanyu, nzaabyishiimira kandi namwe mwishiimane nanje. Namwe ni uko, mukwiriye kwishiima kandi mugasangira nanje umuneezeero.
Mfite ibyiringiro mu Mwami Yesu ko nzaabatumaho Timoteeyo bidatinze kugira ngo nshobore guhuumurizwa n’inkuru yaanyu. Ntaawundi mfite nka we uziita ku byanyu. Abandi boose baharanira inyungu zaabo aho kwita ku bya Yesu Kristo. Ariko muuzi neeza uko Timoteeyo yagaragaje agaciiro ke, uko we nanje nk’umwana na se, twakoranye mu kwamamaza Ubutumwa Bwiza. Niringiye kuzaamubatumaho vuba niimara kumenya ibigiiye kumbaho hano. Kandi ndizeera mu Mwami ko nanje ubwanje nzaaza kubareeba bidatinze.
Nateekereje yuuko ari ngombwa ko naabooherereza mwene daata Epafura, dufatanyije umurimo kandi turwana hamwe urugamba. Ni intumwa yaanyu kandi ni we unkorera ibyo nkennye. Amaze igihe yiifuuza kubareebaho kandi ahangayikiishijwe n’uko mwumviise ko arwaye. Ni koko yararwaye bikabije kugeza ubwo yari agiiye gupfa. Ariko Imaana yamugiriye imbabazi, kandi atari we gusa, ahuubwo nanje kugira ngo ntongera undi mubabaro ku wo nari nsanganywe. Ndashiishikarira kumubooherereza kugira ngo mushobore kongera kwishiima mumuboonye kandi nanje nshire agahinda. Nuuko reero mumwakiirane umuneezeero mu Mwami kandi muje mwubaha abantu nkaabo, kuko yahaze ubuzima bwe kugeza ubwo yari agiiye gupfa azize umurimo wa Kristo, kugira ngo angezeho ubufasha bwo mwe mutaari kungezaho.
Mube intungaane nk’uko na So wo mu ijuru ari intungaane.
Nuuko Yesu arababwira ati, "Ntaawe ukongeeza itaara, ngo aryubikeho intonga cangwa ngo arishire muusi y’uburiri kuko ntiryamurikira abantu. Ahuubwo rishirwa ahagaragara kugira ngo abantu boose baaza mu nzu ribamurikire.