Pular para o conteúdo
Publicidade

A fé vem pelo ouvir

Por Bíblia Online

A fé vem pelo ouvir, e o ouvir pela Palavra de Cristo. Quando a Palavra é proclamada, a fé nasce nos corações. Ouvir a Deus é o primeiro passo para crer e seguir.

A fé vem pelo ouvir

A fé vem pelo ouvir, e o ouvir pela Palavra de Cristo. Quem ouve a Palavra crê e obtém a salvação eterna.

Ibi bifashe kuri buri weese, kuko ntaatandukaniro ry’Umuyuuda n’Umugiriki, boose bafite Umwami umwe kandi ni na we ugirira ubuntu abamwambaza boose. Kuko ibyanditswe biravuga ngo, "Umuntu weese uzambaza izina rya Nyagasani azaakizwa"

Ariko se bamwambaza bate batabanje kumwemera? Kandi bamwemera bate bataariigeze ku mwumva? Mbese bamwumva bate hatabonetse umuntu wo kumwamamaza? Ikindi kandi, abantu bamwamamaza bate ntaawe ubatumye? Ni co gituma ibyanditswe bigira biti, "Mbeega ukuntu ari byiza kureeba ibirenge by’abaazanye Inkuru Nziiza!" Nyamara si boose bumviye Inkuru Nziiza. Nk’uko Yesaaya yavuze ati, "Nyagasani, ni nde wumviye ubutumwa bwacu ?" Bityo reero, ugira kwizeera umaze kumva ubutumwa, kandi ubwo butumwa ni ukubwirwa ijambo rya Kristo.

Nshaaka ko mumbwira iki gusa: Mbese kuubahiriza amategeko ni co caabaheesheje Umwuka Weera cangwa se ni uko mwumviise Ubutumwa mukiizeera?

Namwe reero abamaze kumva ijambo ry’ukuri, ari ryo Nkuru Nziiza yabaazaniye gukizwa, mwahindutse abaana b’Imaana. Mwemeye Kristo maze Imaana ibashiraho ikimenyeetso caayo c’Umwuka Weera yari yarabaseezeranyije. Uwo Mwuka ni co ceemezo ko tuzaabona ico Imaana yaseezeranyije abantu baayo, kandi iki kiduhamiriza yuuko Imaana izaaha abaayo umudendeezo wuzuye. Reka duhimbaaze ikuzo ryayo!

Ndababwira ukuri yuuko, uwumva ijambo ryanje akizeera uwantumye aba afite ubugingo buhoraho, kandi ntaabwo azaaciirwa urubanza, ahuubwo aba avuuye mu rupfu ageze mu bugingo.

Ndababwira ukuri yuuko igihe kigeze, kandi ubu kirasohoye, ubwo abaapfuuye bazumva ijwi ry’Umwana w’Imaana, maze abazaaryumva bazaabaho.

Nta we ushobora kungeraho ataazanywe na Daata wantumye, kandi nzaamuzuura ku munsi wa nyuma. Nk’uko byanditswe n’abahanuuzi ngo, Kandi boose baziigiishwa n’Imaana.Buri weese wumviise ibya Daata kandi akabyiga aransanga. Si uko hari uwigeze abona Daata, uretse uwaturutse ku Maana. Uwo ni we waboonye Daata. Ndababwira ukuri yuuko, uwizeera weese afite ubugingo buhoraho.

Ouvir e obedecer

Felizes os que ouvem a Palavra de Deus e a praticam. Quem tem ouvidos ouça o que o Espírito diz.

Yesu aramusubiza ati, "Ahuubwo hahiirwa abo bumva ijambo ry’Imaana, bakarikurikiza."

Ufite amatwi yumva, niyumve!"

Arababwira ati, "Nimuje mu bihugu byose, mwamamaze Ubutumwa Bwiza ku bantu boose.

Muri bo, hazuuzurizwa ubuhanuuzi bwa Yesaaya buvuga ngo,

Koko muzumva, ariko ntimuzaasobaanukirwa,

kandi muzaareeba, ariko ntimuzaabona.

Kuko imitima yaabo yiinangiye,

kandi amatwi yaabo akaba atumva neeza,

ndetse biipfutse amaaso, kugira ngo batareeba,

atari ibyo, amaaso yaabo yakareebye,

n’amatwi yaabo yakumviise,

kandi imitima yaabo igasobaanukirwa,

maze bakampindukira,

nkabakiza.

Ariko mwebwe murahiirwa, kuko amaaso yaanyu arabona, kandi n’amatwi yaanyu arumva.

Ibihumaanya Umuntu

Nuuko ahamagara rubanda maze arababwira ati, "Nimutege amatwi kandi musobaanukirwe,

Kandi natwe mudusengere kugira ngo Imaana iduteguurire uburyo bwo kuvuga ijambo ryayo, twamamaze ubutumwa bw’ibanga rya Kristo, ariyo mpamvu itumye ndi mu gihome.

Seja o primeiro