Generosidade
A generosidade é marca do caráter de Deus e vocação do cristão. Deus ama ao que dá com alegria. Quem semeia generosamente, generosamente colherá.
Dar com alegria
Deus ama ao que dá com alegria. Cada um contribua segundo propôs no coração — não com tristeza ou por necessidade.
Buri muntu akwiriye gutanga nk’uko umutima we umwemeza, atiinuubwa kandi adahaswe, kuko Imaana ikunda utanga aneezeerewe.
Mwibuke yuuko ubiba imbuto nke azaasaaruura bike, kandi ubiba imbuto nyinshi azaasaaruura byinshi. Buri muntu akwiriye gutanga nk’uko umutima we umwemeza, atiinuubwa kandi adahaswe, kuko Imaana ikunda utanga aneezeerewe. Kandi Imaana ifite ububaasha bwo kubaha ibyifuuzo byanyu byose, kugira ngo murusheho gukora ibyiza byose mufite ibibahaagije. Nk’uko byanditswe ngo,
"Yatanze ku buntu aha abakene,
kugira neeza kwe guhoraho iteeka."
Imaana iha umubibyi imbuto, ikamugaburira ibyokurya ngo bimutunge ni yo izaabaha imbuto zo kubiba izigwize kugira ngo zirumbuuke umusaaruuro wo kugira neeza kwanyu. Izaabagwiriza ubukungu mu buryo bwose kugira ngo mugwize ineeza, izaatuma benshi bashiima Imaana ku bwanyu babidukeesha. Kuko umurimo wo mukora si uwo gufasha abatooranyijwe n’Imaana byonyine, ahuubwo utuma n’abandi barushaho gushiima Imaana.
Imaana iha umubibyi imbuto, ikamugaburira ibyokurya ngo bimutunge ni yo izaabaha imbuto zo kubiba izigwize kugira ngo zirumbuuke umusaaruuro wo kugira neeza kwanyu.
Izaabagwiriza ubukungu mu buryo bwose kugira ngo mugwize ineeza, izaatuma benshi bashiima Imaana ku bwanyu babidukeesha.
Kuko niiba mufite ubwuzu bwo gutanga, Imaana izaakiira ico utanze ikurikije ibyo ufite, atari ibyo udafite.
Partilhar e abençoar
Quem dá aos pobres empresta ao Senhor. A generosidade abre portas de bênção sobre quem dá e sobre quem recebe.
O ensino de Jesus
Dai e dar-se-vos-á. A quem te pedir, dá. O que fizestes a um destes mais pequeninos, a mim o fizestes.
Mutange namwe muzaahaabwa. Urugero rwiza rutsindagiye, rucugushije kandi ruseesekaye ni rwo muzaagererwamo namwe. Urugero mugeramo ni rwo namwe muzaagererwamo."
Mutange namwe muzaahaabwa. Urugero rwiza rutsindagiye, rucugushije kandi ruseesekaye ni rwo muzaagererwamo namwe. Urugero mugeramo ni rwo namwe muzaagererwamo."
Ugusabye weese umuhe, ukwambuye ibyawe ubimurekere.
Noone ko muri babi mukaba muuzi guha abaana baanyu ibyiza, So wo mu ijuru we ntiyarushaho guha Umwuka Weera abamumusabye!"
Nihagira ugira ico agusaba uzaakimuhe, nihagira ugira ico agutiira, uzaakimutiize.
Ahuubwo igihe utanze imfashanyo, ntukabyamamaze nk’uko indyarya zibigenzereza mu masinagoogi no ku mihanda kugira ngo zishimwe. Ndababwira ukuri yuuko abo baba bamaze guhaabwa ingororano yaabo. Ariko igihe utanze imfashanyo, ukuboko kwawe kwa bumoso ntikukamenye ico ukwa buryo gutanze, kugira ngo ibyo utanze bibe ibanga, nuuko So wo mu ijuru ureeba ibyihereereye azaabagororera.
Nuuko Umwami azaabasubiza ati, ‘Ndababwira ukuri yuuko ibyo mwakoreye umwe mu bavandimwe banje baciiye bugufi, burya ni nje mwabikoreraga.’
Generosidade de Deus
Se Deus dá sabedoria generosamente a quem pede, quanto mais nos dará Ele forças e suprimento em toda necessidade?
Niiba muri mwe hari ukeneye ubuhanga, abusabe Imaana izaabumuha, kuko Imaana iha abantu boose ku buntu.
Niiba hari umuvandimwe udafite ico kwambara cangwa ico kurya gihaagije, maze hakagira umwe muri mwe umubwira ati, "Genda amahoro, wambare ushuuhe, urye kandi uhaage." Ayo magambo aba amaze iki utamuhaaye ibyo akeneye? Bityo reero, ukwizeera koonyine kudafite ibikorwa kuba gupfuuye.