Protecção e segurança
Deus é nosso protetor e refúgio seguro. Em todas as circunstâncias, a Bíblia nos assegura que o Senhor guarda, sustenta e protege aqueles que nele confiam.
Deus, a nossa fortaleza
O Senhor é refúgio e fortaleza, socorro bem presente na angústia. Quem habita no esconderijo do Altíssimo descansa à sombra do Todo-Poderoso.
O escudo do Senhor
Deus nos rodeia com sua proteção como um escudo. Ele é rocha, baluarte e libertador. Sua fidelidade nos cobre e nos guarda.
Segurança e provisão
O Senhor supre todas as necessidades dos seus filhos. Quem busca o Reino primeiro não precisa temer — nada faltará aos que temem ao Senhor.
Kandi Imaana nkorera izaabahaaza ibyo mukeneye byose nk’uko ubutunzi bw’ikuzo ryayo buri, muri Kristo Yesu.
Nshobozwa byose na Kristo umpa imbaraga.
Ariko mbere ya byose muharanire Ubwami bw’Imaana no gukiraanuka kwayo, ni ho ibindi byose muzaabyongeererwa.
Ntimukabe nka bo, kuko So azi ibyo mukeneye mutaraabimusaba.
Musabe muzaahaabwa, mushaake muzaabona, mukomange, urugi ruzakinguurwa. Kuko usaba weese arahaabwa, ushaaka arabona, kandi ukomanga arakinguurirwa.
Noone se mwe ko muri babi mukaba muuzi kugenera abaana baanyu ibyiza, So uri mu ijuru we ntaazaarushaho guha ibyiza ababimusabye?
Guarda e livramento
O anjo do Senhor acampa ao redor dos que o temem e os livra. Deus promete guardar todas as nossas saídas e entradas para sempre.
Confiança inabalável
Melhor é confiar no Senhor do que confiar no homem. Quem anda em integridade anda seguro, e a torre forte do nome do Senhor protege o justo.
A presença protetora
O Senhor prometeu estar conosco e nunca nos desampara. Ele é como sombra à nossa direita e fortaleza em todo o tempo.
Promessas de cuidado
Deus garante que nem um fio de cabelo cairá sem sua permissão. Ele deseja que vivamos em paz, confiança e segurança total nele.
Mbese ibishwi bibiri ntibigurwa igiceri? Ariko nta na kimwe gishobora kwikubita haasi, So wo mu ijuru atabyemeye. Kandi n’imisatsi yo ku mitwe yaanyu irabazwe. Noone reero, ntimugire ubwoba, kuko mufite agaciiro kuruta ibishwi byinshi.
Ibyo muzaasaba byose musenga mufite kwizeera, muzaabihaabwa."
Muzangwa na boose muzira izina ryanje. Ariko ntihazaagira agasatsi na kamwe ko ku mitwe yaanyu kazaagira ico kaba. Nimwihangaana, muzaakiza ubugingo bwanyu.
Nuuko Yesu abaza abiigiishwa be ati, "Ubwo nabatumaga kuvuga Inkuru Nziza mutagira amashilingi mu mifuka, igikapu cangwa ingato, muri ibyo hari na kimwe mwakeneye?"
Baramusubiza bati, "Ntaaco."
Mbese ibyo twabivugaho iki? Ubwo Imaana iri kumwe naatwe, ni nde waturwanya?
Ni co gituma tuvuga dushizamanga tuti,
"Uhoraho ni we mufasha wanje,
Sinzaatiinya.
Mbese ni nde wagira ico antwara?"
Nuuko reero, muganduukire Imaana, murwanye Sataani, na we azaabahunga.
Noone reero reka twegusinzira nk’abandi, ahuubwo tube maaso, kandi tugire ibiteekerezo bizima.
Fidelidade e aliança
Deus é fiel à sua aliança. Ele protege cada promessa que faz e guarda os seus como a menina dos seus olhos.
Ariko Nyagasani ntaahemuka, azaakomeza abarinde umubi.
kandi duhaabwa ico dusabye kuko twubahiriza amategeko y’Imaana no gukora ibiyishiimiisha.
Kandi ubu dushize amanga imbere y’Imaana, kuko tuuzi neeza yuuko iduha ico tuyisabye coose gihuuje nuuko ishaaka. Kandi niiba tuuzi neeza yuuko Imaana itwumva iyo tuyisabye, tuuzi ko iduha ico tuyisabye.
Tuuzi yuuko abaabyawe n’Imaana badakora ibyaha ahuubwo Umwana w’Imaana arabarinda, umwanzi ntaabakoreho.
Ntaabwo nkiri mu isi, ariko bo bari mu isi, kandi nje ngusanga. Daata weera, abo wampaaye barindishe izina ryawe wampaaye, kugira ngo babe umwe nk’uko naatwe turi umwe. Igihe nari kumwe na bo, nabarindaga nkoreesheje imbaraga z’izina ryawe wampaaye. Narabarinze ntihaagira n’umwe muri bo utaakara, keretse uwari waragenewe kurimbuka kugira ngo Ibyanditswe byuzuzwe.
Singusaba ko ubakuura ku isi, ahuubwo ndagusaba kubarinda Umubi.
Provisão diária
Deus satisfaz os desejos do coração dos seus filhos. Ele abençoa, renova as forças e sustenta dia após dia quem nele confia.
Mwambare intwaro zoose ziturutse ku Maana, kugira ngo muzaashobore guhangana n’uburiganya bwa Sataani.
Mwambare intwaro zoose ziturutse ku Maana, kugira ngo muzaashobore guhangana n’uburiganya bwa Sataani. Kuko ntiturwana n’abantu, ahuubwo turwana n’imyuka mibi itegeka ikireere, ibikomangoma n’ibihangaage, n’abategeka iyi si y’umwijima.
Bityo reero, Nyagasani yategetse yuuko abaamamaza Ubutumwa Bwiza bagomba gutungwa na bwo.
Kuko gukunda isente ni yo nkomooko y’ibibi byose. Abantu bamwe baararikiye ubutunzi, barayoba, ntibongera kwizeera Imaana maze bibaviiramo umubabaro mwinshi.
Ni yo mpamvu ituma mbabazwa ntya. Ariko ntibinteera isoni, kuko nzi uwo niiringira, kandi sinshidiikanya yuuko ashoboye kurinda ibyo yanshinze kugeza umunsi azaagarukira.