Pular para o conteúdo
Publicidade

Evangelização

Por Bíblia Online

A evangelização é a missão suprema da Igreja. Jesus mandou: ide por todo o mundo e pregai o evangelho a toda criatura. O evangelho é poder de Deus para a salvação de todo aquele que crê.

A Grande Comissão

Ide, fazei discípulos de todas as nações. Jesus confiou a seus seguidores a missão de levar a boa notícia ao mundo inteiro.

Nuuko reero, ni mugende mwigiishe abantu boose, mubabatiza mu izina rya Daata wa twese, n’iryUmwana, n’iryUmwuka wera, mubiigiishe kumvira ibyo nabategetse byose. Kandi dore ndi kumwe namwe kugeza ku mperuuka y’isi."

Arababwira ati, "Nimuje mu bihugu byose, mwamamaze Ubutumwa Bwiza ku bantu boose.

Icakora muzahaabwa imbaraga Umwuka Weera naabaazamo kandi muzambeera abahamya i Yerusaalemu, muri Yudeeya n’i Samariya, no mu mpera z’isi."

Muri umuco w’isi. I tawuni yubatswe ku mpinga y’umusozi ntiyahishwa.

Umunyu hamwe n’Umuco

Muri umuunyu w’isi, ariko se umuunyu wamaze gukayuka, wakongera kuryoshwa ute? Ntaaco uba ukimaze keretse kujugunywa hanze abantu bakawukandagira.

Ntaamuntu ucaana itaara ngo aryubikeho intonga, ahuubwo riterekwa ku gitereko caaryo, rikamurikira abari mu nzu boose. No ku bw’iyo mpamvu reero, mucaane amataara yaanyu amurikire abandi, kugira ngo babone imirimo yaanyu myiza maze baheereko bahe So wo mu ijuru ikuzo.

Uheereye ico gihe, Yesu atangira kwamamaza ubutumwa ati, "Nimwihane kuko Ubwami bw’ijuru bureegeereje."

O poder do evangelho

O evangelho é poder de Deus para a salvação. A fé vem pelo ouvir, e o ouvir pela Palavra de Cristo.

Imbaraga z’Ubutumwa Bwiza

Erega Ubutumwa Bwiza ntibunkoza isoni kuko ari imbaraga y’Imaana yo gukiza abo boose biizeera bagakizwa, uheereye ku Muyuuda ukageza no ku Mugiriki.

Bityo reero, ugira kwizeera umaze kumva ubutumwa, kandi ubwo butumwa ni ukubwirwa ijambo rya Kristo.

Kuko nahisemo kutagira ikindi mbamenyeesha keretse Yesu Kristo wabambwe ku musaraba.

Kuzuuka kwa Kristo

Bavandimwe, ndashaaka kubiibutsa iby’Inkuru Nziiza nababwirije, maze mukayaakiira mukanayikomereramo, ikaba ari na yo izaabakiza muramutse muyikomeje nk’uko nayibabwirije, keretse ukwizeera kwanyu kuramutse kwarabaaye imfaabusa.

Ni co gituma yarabahamagaye ikoreesheje Ubutumwa Bwiza twamamaza kugira ngo muzaasangire ikuzo n’Umwami Yesu Kristo.

Testemunhar e proclamar

Estai sempre preparados para responder com mansidão a todo aquele que pedir razão da vossa esperança.

Nimwubahe Kristo mu mitima yaanyu ababeere Umwami. Muhore mwiteguuye gusubiza umuntu weese usaba ibisobaanuro by’ibyiringiro mufite,

Nimugirirana urukundo, ico ni co boose bazaabamenyeraho ko muri abiigiishwa banje."

Igiheesha Daata icuubahiro ni uko mwakwera imbuto nyinshi kandi mukaba abiigiishwa banje.

Kuko ni ko Nyagasani yadutegetse ati,

Ngushiriyeho kuba urumuri rw’Abanyamahanga,

kugira ngo ujaane agakiza ku mpera y’isi."

Ariko ku bwanje, siniita ku bugingo ngo niibwire ko ari ubw’agaciiro kuri nje. Ica ngombwa ni ukurangiza urugendo rwanje n’ubuheereza nahaawe na Yesu Kristo, bwo guhamya Ubutumwa Bwiza bw’ubuntu bw’Imaana.

"Umwuka w’Imaana ari kuri nje

kuko yantooranyirije kwamamaza Inkuru Nziiza mu bakene.

Yantumye kumenyeesha imbohe ko zibohoorwa,

n’impumyi ko zihumuuka,

kandi no kubohooza abarengana.

Yesu aravuga ati, "Ndababwira ukuri yuuko ntawasize urugo rwe, abavandimwe, nyina, ise, abaana, cangwa imirima kubwa nje n’ubutumwa bwiza, utazaahaabwa ibirutaho inshuro ijana mur’iki gihe ca noone, ari amazu, abavandimwe, abaana n’imirima. Icakora bizaaza hamwe no kurenganywa, maze mu gihe kizaaza azaahaabwa ubugingo buhoraho.

Abashaaka gukiza ubugingo bwabo bazaabubura, kandi ababura ubugingo bwabo ku bwanje no ku bw’Ubutumwa bwiza, bazaabukiza.

Fazer conhecer

Dai graças ao Senhor, invocai o seu nome, fazei conhecidas as suas obras entre os povos.

Imaana ifite umugambi wo guhishuurira abanyamahanga ikuzo ry’iryo banga ry’agaciiro ifitiye abantu boose. Iryo banga ni uko mufite umwuka wa Kristo muri mwe bigatuma mugira ibyiringiro byo kuzaabona ku mugabane w’ikuzo ry’Imaana.

Inyigiisho Ishitse

Ariko wowe Tito uje wiigiisha ibikwiranye n’inyigiisho ishitse.

Seja o primeiro