Publicidade

Mundo

Por Bíblia Online

A Bíblia tem muito a dizer sobre o mundo e nossa relação com ele. Cristãos estão no mundo, mas não são do mundo — chamados a ser luz e sal sem se conformar com os padrões seculares.

Não ameis o mundo

Não ameis o mundo nem o que nele há. A cobiça da carne, a cobiça dos olhos e a soberba da vida não vêm do Pai, mas do mundo.

Ntimugakunde isi cangwa ibiyirimo. Umuntu ukunda iby’isi, aba adakunda Daata.

Ntimugakunde isi cangwa ibiyirimo. Umuntu ukunda iby’isi, aba adakunda Daata. Kuko ibiri mu isi byose, nk’irari ry’umubiri, irari ry’amaaso n’ubwibone bw’ubukire bidaturuka kuri Daata wa twese ahuubwo bituruka mu isi.

Kuko ibiri mu isi byose, nk’irari ry’umubiri, irari ry’amaaso n’ubwibone bw’ubukire bidaturuka kuri Daata wa twese ahuubwo bituruka mu isi.

Kandi isi n’ibyo abantu bayiifuuzamo birigushira ariko abo bakora ibyo Imaana ishaaka, bazaahoraho ibihe byose.

Yemwe bantu batiringirwa mwe, ntimuuzi yuuko gukunda iby’isi bituma uba umwanzi w’Imaana? Umuntu weese uhitamo gukunda ibineezeeza by’isi aba abaaye umwanzi w’Imaana.

Yemwe bantu batiringirwa mwe, ntimuuzi yuuko gukunda iby’isi bituma uba umwanzi w’Imaana? Umuntu weese uhitamo gukunda ibineezeeza by’isi aba abaaye umwanzi w’Imaana.

O amor de Deus pelo mundo

Porque Deus amou o mundo de tal maneira que deu seu Filho. O mesmo mundo que rejeita a Deus é amado por Ele e objeto de sua redenção.

Kuko Imaana yakunze abari mu isi caane, byatumye itanga Umwana waayo w’ikinege, kugira ngo umwizeera weese atarimbuka ahuubwo ahaabwe ubugingo buhoraho.

Kuko Imaana yakunze abari mu isi caane, byatumye itanga Umwana waayo w’ikinege, kugira ngo umwizeera weese atarimbuka ahuubwo ahaabwe ubugingo buhoraho.

Iyi ni yo nsharubanza, ngo, umuco waaje mu isi, ariko abantu bakunda umwijima kuruta umuco kuko ibikorwa byabo ari bibi.

Kandi Kristo ubwe ni we gitambo c’ibyaha byacu kandi si ibyaha byacu byonyine ahuubwo n’ibyabantu boose bari ku isi.

Abaana b’Imaana

Nimureebe urukundo ruhebuuje Daata yadukunze rwatumye twitwa abaana b’Imaana, kandi koko turi bo. Impamvu ituma ab’isi batatuuzi nuuko batiigeze kumumenya.

Abaana b’Imaana

Nimureebe urukundo ruhebuuje Daata yadukunze rwatumye twitwa abaana b’Imaana, kandi koko turi bo. Impamvu ituma ab’isi batatuuzi nuuko batiigeze kumumenya.

Vencer o mundo

Jesus venceu o mundo e nos dá sua paz e vitória. A fé é a vitória que vence o mundo — e aquele que nasceu de Deus o vence.

Ibyo mbibabwiye kugira ngo mugire amahoro ku bwo kunyizeera. Mu isi muzaatootezwa, ariko nimukomere kuko naneesheje isi!"

Ibyo mbibabwiye kugira ngo mugire amahoro ku bwo kunyizeera. Mu isi muzaatootezwa, ariko nimukomere kuko naneesheje isi!"

kuko umuntu weese wabyawe n’Imaana ashobora kuneesha isi. Kandi tunesha isi n’ukwizeera kwacu.

kuko umuntu weese wabyawe n’Imaana ashobora kuneesha isi. Kandi tunesha isi n’ukwizeera kwacu.

Mbese ni nde washobora gutsinda isi? Ni uwo weese wiizeera yuuko Kristo ari Umwana w’Imaana.

Baana banje, mukomooka ku Maana kandi mwatsinze abo bahanuuzi b’ibinyoma kuko Umwuka ubarimo aruta uri mu b’isi.

No mundo sem ser do mundo

Jesus orou: não peço que os tires do mundo, mas que os guardes do mal. Somos enviados ao mundo como embaixadores do Reino.

Nabahaaye ijambo ryawe, maze ab’isi barabanga kuko batari ab’isi, nk’uko nanje ntari uw’isi.

Singusaba ko ubakuura ku isi, ahuubwo ndagusaba kubarinda Umubi.

Singusaba ko ubakuura ku isi, ahuubwo ndagusaba kubarinda Umubi. Ntaabwo ari ab’isi, nk’uko nanje ntari uw’isi. Beereze mu kuri, ijambo ryawe ni ukuri. Uko wantumye ku isi, nanje ni ko nabatumye ku isi.

Daata utungaanye, isi ntaabwo ikuuzi, ariko nje ndakuuzi, kandi aba baazi ko wantumye. Nabamenyesheje izina ryawe, kandi nzaakomeza kuribamenyeesha, kugira ngo urukundo wankunze rubabemo, kandi nanje mbabemo."

Ubu igihe co guciira isi urubanza kirageze. Umutware w’iyi si agiiye kuneeshwa.

Mbasigiye amahoro, mbahaaye amahoro yanje. Sinyabahaaye nk’uko ab’isi bayatanga. Ntimuhagarike imitima, kandi ntimugire ubwoba.

Urwango rw’Isi

Abantu b’isi nibabanga, mumenye ko ari nje baabanje kwanga bataraabanga. Iyo muba ab’isi, baari kubakunda nk’uko bakunda abaabo. Ariko kuko mutari ab’isi, ahuubwo nkaba narabatooranyije mu b’isi, ni co gituma ab’isi babanga.

Sal e luz

Vós sois o sal da terra e a luz do mundo. O cristão transforma o ambiente onde está, sem se conformar com os padrões mundanos.

Umunyu hamwe n’Umuco

Muri umuunyu w’isi, ariko se umuunyu wamaze gukayuka, wakongera kuryoshwa ute? Ntaaco uba ukimaze keretse kujugunywa hanze abantu bakawukandagira.

Muri umuco w’isi. I tawuni yubatswe ku mpinga y’umusozi ntiyahishwa.

Kandi ubu Butumwa Bwiza bw’Ubwami buzaamamazwa mu isi yoose, bubeere amahanga yoose ubuhamya, nuuko imperuuka iheereko ize.

Umuntu byamumarira iki gutunga ibintu byose byo mu isi ariko agataakaza ubugingo bwe? Cangwa se ubugingo bw’umuntu yabugurana iki?

Umuntu byamumarira iki gutunga ibintu byose byo mu isi ariko agataakaza ubugingo bwe? Cangwa se ubugingo bw’umuntu yabugurana iki?

Abo ku isi baguushije ishano ku bw’imitego ibaguusha mu byaha! Ibiguusha abantu mu byaha ntibyabura kubaho, ariko umuntu ubiteera azaabona ishano!

Arababwira ati, "Nimuje mu bihugu byose, mwamamaze Ubutumwa Bwiza ku bantu boose.

Arababwira ati, "Nimuje mu bihugu byose, mwamamaze Ubutumwa Bwiza ku bantu boose.

Mbese byamarira iki umuntu kwigarurira ibintu byose byo ku isi, ariko agataakaza ubugingo bwe?

Não se conformar

Não vos conformeis com este mundo. A religião pura é guardar-se da corrupção do mundo e viver segundo o Espírito de Deus.

Ntimukiigaane imyifatire y’abiki gihe turimo, ahuubwo muhinduke by’ukuri, Imaana ivugurure ibiteekerezo byanyu. Ni bwo muzaashobora kumenya ibyo Imaana ishaaka ari byo byiza biyishiimishije kandi bitunganye rwose.

Ntimukiigaane imyifatire y’abiki gihe turimo, ahuubwo muhinduke by’ukuri, Imaana ivugurure ibiteekerezo byanyu. Ni bwo muzaashobora kumenya ibyo Imaana ishaaka ari byo byiza biyishiimishije kandi bitunganye rwose.

Kuva igihe Imaana yaremye isi, ububaasha bwayo buhoraho, n’ubumaana bwayo butagaragara, bugaragarizwa mu byo yaremye kugira ngo batagira ico biireguuza,

Kuva igihe Imaana yaremye isi, ububaasha bwayo buhoraho, n’ubumaana bwayo butagaragara, bugaragarizwa mu byo yaremye kugira ngo batagira ico biireguuza,

Nyamara tuuzi ko ibyo amategeko avuga byose, bibwirwa abategekwa n’amategeko kugira ngo hatagira ugira urwitwazo, maze abari mu isi boose baciirwe urubanza n’Imaana.

Idiini ritungaaniye Imaana kandi ritagira inenge ni ugufasha imfubyi n’abapfaakazi kandi no kwirinda kutanduzwa n’ibyisi.

Idiini ritungaaniye Imaana kandi ritagira inenge ni ugufasha imfubyi n’abapfaakazi kandi no kwirinda kutanduzwa n’ibyisi.

Kuko ubuntu bw’Imaana bumaze kugaragara, bukaazanira abantu boose agakiza. Ubwo buntu butwigiisha kurekeraho kugomera Imaana, kudatwarwa n’irari ry’ibyisi, ahuubwo turangwe no kwifata, kuba mu butungaane, no kuubaha Imaana

A batalha espiritual

A nossa luta não é contra carne e sangue. Os poderes do mundo são reais, mas o que está em nós é maior que o que está no mundo.

Kuko ntiturwana n’abantu, ahuubwo turwana n’imyuka mibi itegeka ikireere, ibikomangoma n’ibihangaage, n’abategeka iyi si y’umwijima.

Muramenye ntihakagire ubanyagiisha ubwenge n’inyigiisho z’abantu cangwa ngo mubeeshwe n’imigenzo karande y’abantu hamwe no gutegekwa n’imbaraga z’imyuka itegeka isi idashingiye kuri Kristo.

Ni byo koko dufite umubiri w’umuntu ariko ntiturwana nk’abantu,

Noone reero ntaabwo ari umwuka w’iyi si twahaawe, ahuubwo twahaawe Umwuka uva ku Maana, kugira ngo tumenye impaano Imaana yaduteguuriye.

Noone se, umunyabwenge ari he? Umuhanga se we ari he? Mbese umunyampaka w’iki gihe ari he? Mbese ubwenge bw’iyi si Imaana ntiyaba yarabuhinduye ubupfu?

Koko reero muri ubwo bwenge bwayo, Imaana ntiyakunze ko abantu bayimenya bakoreesheje ubwenge bwabo, ahuubwo yahisemo gukoreesha ubutumwa tuvuga bwo abantu biita ubupfu, kugira ngo ikize abeemera.

Ariko Imaana yatooranyije ibyo abantu biita ubupfu kugira ngo ikoze isoni abanyabwenge, Imaana yatooranyije ibinyantege nke kugira ngo ikoze isoni ibihangaage.

Imaana yatooranyije ibyo abantu b’iyi si bahinyura bagasuuzugura no kubigira ubusa, kugira ngo ihindure ubusa ibyo ab’isi bateekereza ko ari bikuru. Imaana yabikoze kugira ngo hatagira umuntu n’umwe wiikuza imbere yaayo.

Ntihakagire uwiibeesha. Nihagira umuntu muri mwe wiibwira ko ari umunyabwenge muri iki gihe, akwiriye guhinduka umupfaapfa kugira ngo abone kuba umunyabwenge nyakuri.

Erega ntaaco twazanye mu isi, kandi nta co tuzaayivaanamo. Noone reero, igihe dufite ibyokurya n’ibyo kwambara, tugomba kunyurwa na byo.

Erega ntaaco twazanye mu isi, kandi nta co tuzaayivaanamo. Noone reero, igihe dufite ibyokurya n’ibyo kwambara, tugomba kunyurwa na byo.

Pertencemos a Deus

Do Senhor é a terra e tudo o que nela existe. Vivemos neste mundo como peregrinos, desejando a pátria celestial.

Urwo ni rwo rumuri nyakuri rwaje muri iyi si kumurikira abantu boose.

Jambo yari mu isi, kandi isi yaremwe ku bwe, ariko abo mu isi ntibaamumenya.

Jambo yari mu isi, kandi isi yaremwe ku bwe, ariko abo mu isi ntibaamumenya.

Yesu ni Umuco w’Isi

Yesu yongera kubwira Abafarisaayo ati, "Ninje muco w’isi. Unkurikira weese ntaabwo azaagendera mu mwijima, ahuubwo azaaba afite umuco w’ubugingo."

Intaama zanje zumva ijwi ryanje. Ndaziizi kandi na zo zikankurikira. Nziha ubugingo buhoraho, kandi ntaabwo zizaarimbuka. Ntaawe uzaazinsahura mu ntoke zanje.

Ariko ndababwira ukuri yuuko icaabagirira akamaro ari uko naagenda, kuko ntagiiye, Umufasha ntaabwo azaaza muri mwe, ariko ningenda nzamubooherereza. Kandi naamara kuuza, azeereka ab’isi ico icaaha kimenyeesha, ico gukiraanuka bimenyeesha n’ibyo guciirwa urubanza. Azaababwira ibyerekeye icaaha caabo, kuko batanyemeye. Azaababwira ibyerekeye gukiraanuka, kuko ngiye kwa Daata, kandi mukaba mutakimboonye. Azaababwira ibyerekeye urubanza, kuko umutware w’iyi si yaciiriwe urubanza.

Bityo iduha amaseezerano y’agaciiro akomeye, kugira ngo muri yo, muzaabone uko muhunga ubugira naabi bwo mu isi buuzanwa n’irari, nuuko mubone uko musangira ibiikorwa bya kamere y’Imaana.

Ic’ibanze, mukwiriye kumenya ko mu minsi ya nyuma hazaaza ababannyega, babashinyagurira, bagakurikiza irari ryabo kandi bavuga bati, "Mbese ntiyaseezeranye ko azaagaruka? Noone ari he? Dore uheereye igihe ba sogokuruza baapfiiriye, ibintu byose bikomeza kuba nk’uko byari bimeze kuva isi ikiremwa!" Ubwo bakiirengagiza nkana yuuko mu ntagiriro Imaana yakoreesheje ijambo ryayo kurema ijuru n’isi. Isi yaremwe ikuuwe mu maazi kandi ikazengurukwa na yo. Byongeye kandi, amaazi y’umwuzuure ni yo yarengeye isi mu gihe ca keera, ikarimbuka. Ariko Imaana ikoreesheje iryo jambo yategetse ijuru n’isi biriho ubu kugumaho kugeza igihe izaaciira urubanza. Nibwo Imaana izaabitwika n’umuriro, nuuko abatayuubaha barimburwe.

Kuko agahinda gateerwa no kuubaha Imaana gakurikirwa no kwihana bikabyara agakiza kandi ibyo ntaawabyicuza! Ariko agahinda gateerwa n’abantu kaazana urupfu.

Bavandimwe, ntimugatangaazwe n’uko ab’isi babanga.

Tuuzi yuuko turi abaana b’Imaana nuubwo isi yoose iri mu maboko y’umubi.

Ijuru n’isi bizaashiraho, ariko amagambo yanje ntaabwo azaashira.

Yesu Kristo uko yari ari ejo n’uyu munsi ni ko ari kandi ni ko azaahora iteeka ryose.

Yesu yumviise ibibaaye abwira Yayiro ati, "wiitiinya, izeere gusa umukoobwa waawe arakira."

Koko reero, igicumuro c’umuntu umwe ari we Adamu caatumye urupfu rutegeka benshi. Ariko abo baahaawe ubuntu bw’Imaana butarondooreka n’impaano ye y’ubutungaane bazaakomeza gutsinda icaaha n’urupfu babikeesha umuntu umwe ari we Yesu Kristo.

Seja o primeiro
Bíblia Online Bíblia Online

Bíblia Online • Versão: 2026-07-05_19-25-13-