16kurimbuka n’umubabaro bisigara aho banyuze hoose.
17Inzira y’amahoro ntibayiizi,
223:22 Gal 2:16.Gutungaanira Imaana, guheeshwa no kwizeera Yesu Kristo. Imaana ibikorera abo boose beemera ntaavanguura,
10 resultados encontrados
16kurimbuka n’umubabaro bisigara aho banyuze hoose.
17Inzira y’amahoro ntibayiizi,
223:22 Gal 2:16.Gutungaanira Imaana, guheeshwa no kwizeera Yesu Kristo. Imaana ibikorera abo boose beemera ntaavanguura,
13mubuubahe mu rukundo ku bw’umurimo babakorera. Kandi namwe ubwanyu muje mubaana mu mahoro.
17musenge ubudasiiba.
23Turasaba Imaana ubwayo itanga amahoro ngo ibeeze mu buryo bwose, irinde umwuka waanyu, n’ubugingo n’umubiri, kugira ngo bitazaabaho umugayo kugeza ku kugaruka k’Umwami waacu Yesu Kristo.
1Umudendeezo dufite ni uko Kristo yatubohooye. Nuuko reero nimuhagarare mushikamye, mwirinda gusubira mu bubaata.
12Icampa abo bababuza amahoro bashaaka ko mukebwa baakwikona.
23kwiciisha bugufi no kwirinda. Ibimeze bityo ntaamategeko abihana.
6kugira ngo mwese hamwe no mu ijwi rimwe muheeshe ikuzo Imaana Se w’Umwami waacu Yesu Kristo.
13Imaana nyir’ibyiringiro ibuuzuzemo ibyishiimo n’amahoro muheeshwa no kwemera, kugira ngo mubone kwiringira ku bw’imbaraga z’Umwuka Weera.
33Imaana ari yo sooko y’amahoro, ibaane namwe mwese! Amiina.
6ahuubwo muje mu ntaama zaazimiye z’umuryango wa Isirayeli.
7Mugenda, mwamamaze ubutumwa muti, ‘Ubwami bwo mu ijuru bureegeereje.’
13Niiba ab’urwo rugo bakwiriye amahoro yaanyu, agumane na bo, ariko niiba batabikwiriye, amahoro yaanyu abagarukire.
2baboonye imyifatire yaanyu itungaanye hamwe n’uko mwiyubaha.
11Ni ahinduke ave mu byaha akore ibyiza.Ni ashaakiishe amahoro kandi ayaharanire.
15Nimwubahe Kristo mu mitima yaanyu ababeere Umwami. Muhore mwiteguuye gusubiza umuntu weese usaba ibisobaanuro by’ibyiringiro mufite,
4uwo aba ari umwiraasi, kandi utagira ico azi, agakunda impaka z’urudaca n’uruyombo. Ibyo ni byo bivamo ishari, intonganya, gutukana, gukeekanaho ibibi,
14kuubahiriza itegeko utagira amakemwa n’umugayo kugeza aho Umwami waacu Yesu Kristo azaazira.
16Ni yo yoonyine idapfa, ikaba mu muco udahangarwa. Ntaamuntu wiigeze kuyibona kandi ntaawe waashobora kuyibona. Icuubahiro n’ubutware budashira bibe ibyayo. Amiina.
11Ubutware bube ubwayo iteeka ryose, Amiina.
12 5:12 Iby 15:22,40. Mbandikiye aya magambo make mfashijwe na Silaasi, wo njaana nk’umuvandimwe muri Kristo w’intahemuka. Nanditse nshaaka kubakomeza no kubeemeza ko ubu ari ubuntu bw’Imaana nyaabwo. Nimububemo mushikamye.
14Nimuhaane indamutso y’urukundo.Amahoro abe muri mwe mwese abari muri Kristo.
9Yiicaye aho atega amatwi Pawulo avuga. Pawulo amwitegereje, abona ko afite kwizeera guhaagije kugira ngo akire,
24Banyura i Pisidiya bagera i Pamfiliya.
28Nuuko bamarayo iminsi myinshi n’abizeera.
1Nuuko reero bavandimwe, intungaane dufatanyije umuhamagaro uva ku Maana, muzirikane ko Yesu, Intumwa kandi Umuheerezabitambo Mukuru w’ibyo twizeera,
2yari umwiringirwa ku Maana yamutooranyije nk’uko na Moose yari umwiringirwa mu nzu y’Imaana.
6Ariko Kristo we ni umwiringirwa nk’Umwana ushinzwe gutegeka inzu y' Imaana. Iyo nzu y’Imaana ni twe turamutse tugize ubutwari kandi tugakomerera mu byo twiringiye.