13mubuubahe mu rukundo ku bw’umurimo babakorera. Kandi namwe ubwanyu muje mubaana mu mahoro.
17musenge ubudasiiba.
20kandi ntimugahinyure amagambo y’ubuhanuuzi,
8 resultados encontrados
13mubuubahe mu rukundo ku bw’umurimo babakorera. Kandi namwe ubwanyu muje mubaana mu mahoro.
17musenge ubudasiiba.
20kandi ntimugahinyure amagambo y’ubuhanuuzi,
1Umudendeezo dufite ni uko Kristo yatubohooye. Nuuko reero nimuhagarare mushikamye, mwirinda gusubira mu bubaata.
23kwiciisha bugufi no kwirinda. Ibimeze bityo ntaamategeko abihana.
26Twekwishira heejuru cangwa ngo twenderanye, cangwa ngo tugirirane ishari.
23kugira ngo boose buubahe Umwana nk’uko buubaha Se. Umuntu weese utuubaha uwo Mwana, aba atuubashe na Se wamutumye.
29bakavamo. Abaakoze ibyiza, bakazuukira ubugingo, naho abaakoze ibibi bakazuukira guciirwa urubanza rw’iteeka.
41Simparanira gushimwa n’abantu.
19Nimwihangaana, muzaakiza ubugingo bwanyu.
34Mwirinde imitima yaanyu itazaatwarwa n’ingeso mbi, gusinda hamwe no kwiganyira ko muri ubu bugingo. Nimukora mutyo, uwo munsi ntuzaabatungura
35nk’uko umutego ubashuka. Kuko uzaazira abantu boose batuuye ku isi.
11Ni ahinduke ave mu byaha akore ibyiza.Ni ashaakiishe amahoro kandi ayaharanire.
15Nimwubahe Kristo mu mitima yaanyu ababeere Umwami. Muhore mwiteguuye gusubiza umuntu weese usaba ibisobaanuro by’ibyiringiro mufite,
21Kandi ayo maazi ni ikimenyeetso c’umubatizo weerekana ko mukijijwe. Si ugukurwaho umwanda ku mubiri, ahuubwo n’iseezeerano uba ukoreye Imaana n’umutima ukeeye. Uwo mubatizo ni wo ubakiza ku bw’izuuka rya Kristo Yesu,
17Inzira y’amahoro ntibayiizi,
223:22 Gal 2:16.Gutungaanira Imaana, guheeshwa no kwizeera Yesu Kristo. Imaana ibikorera abo boose beemera ntaavanguura,
24ariko bagatsindiishirizwa n’ubuntu bwayo ku bwo gucungurwa kubonerwa muri Yesu Kristo.
5kuko kiba ceejejwe n’ijambo ry’Imaana hamwe no gusenga.
12Ntihakagire usuuzugura ubusore bwawe, ahuubwo ubeere abiizeera ico kureeberaho mu magambo, mu myifatire, mu rukundo, mu kwizeera, n’umutima utungaanye.
14Ntukiirengagize impaano y’Umwuka ikurimo, iyaguheerewe mu buhanuuzi ubwo abakuru baakurambikagaho ibiganza.
4uwo aba ari umwiraasi, kandi utagira ico azi, agakunda impaka z’urudaca n’uruyombo. Ibyo ni byo bivamo ishari, intonganya, gutukana, gukeekanaho ibibi,
14kuubahiriza itegeko utagira amakemwa n’umugayo kugeza aho Umwami waacu Yesu Kristo azaazira.
16Ni yo yoonyine idapfa, ikaba mu muco udahangarwa. Ntaamuntu wiigeze kuyibona kandi ntaawe waashobora kuyibona. Icuubahiro n’ubutware budashira bibe ibyayo. Amiina.