Iciifuuzo ca Pawulo co gusubira i Teesalonike
17 Ariko twebwe bavandimwe, ubwo twatandukanyijwe namwe igihe gito mu buryo bw’umubiri, nyamara tubahoza ku mutima, kandi twiyongeye kubakumbura caane bituma twifuuza ko twongera kubonana namwe imbona nkubone.