Kubabarirana
5 Niiba hari umuntu wagize uwo ateera agahinda, si nje yababaje gusa ahuubwo namwe yarabababaje mu buryo butari bumwe. 6 Igihano abenshi muri mwe baamuhannye kirahaagije ku muntu nk’uwo. 7 Noone reero ubu mumubabarire kandi mumuhuumurize, kugira ngo ataaza kwicwa n’agahinda gasaaze. 8 Kandi ndabinginze, mumwereke urukundo mumufitiye.